.
IBICURUZWA TWABAHITIYEMO
Gakenke: Abo muri Green Party bibukijwe guhashya no kurandura ingengabitekerezo ya Genocide ari umukoro wa buri wese
Abagize shyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green Party) , bahagarariye abandi mu Karere ka Gakenke bibukijwe ko guhashya no kurandura ingengabitekerezo ya Jenoside ari umukoro wa buri wese, kugira ngo bakomeze...
wasili’ umunyamakuru wa Rayon Sports akomeje gutangaza benshi kubera imyitwarire ye ku kibuga
Rayon Sports imaze imikino 11 idatsindwa, kuri uyu munsi yinjijwe igitego na Muhazi United aho umukino waje kurangira Rayon Sports ifite ibitego bibiri kuri kimwe. Ni ikipe bigaragara ko ihagaze neza kuko yari imaze imikino igera ku 8 itinjizwa...
AMACUMBI MU RWANDA
Umuhanzi Valens NIZEYIMANA yasohoye indirimo ye ya mbere yise “Ni Mwiza” aho agaragaza ko yahuye n’Imana
Umuhanzi Valens NIZEYIMANA usanzwe ari umuririmbyi muri Kiliziya gatorika yasohoye indirimbo ye ya mbere yise “Ni Mwiza”. Ni indirimo irimo ubutumwa bugaragaza ubwiza bw’Imana binyuze mu byo yamukoreye. Hari aho agira ati...
Zion Temple: Abashakaga kweguza Gitwaza bagiriwe inama yo gusaba imbabazi
Itorero Authentic World Ministries/Zion Temple mu Rwanda ryasabye abakozi b’Imana...
Niba ntagikozwe Bibiliya izajya igurwa n’umugabo isibe undi
Hashize iminsi havugwa itumbagira ry’ibiciro mu bintu binyuranye, iyi nkubiri ikaba...
Pasiteri Theogène wabwirizaga yisanisha n’urubyiruko yitabye Imana
Amakuru y’urupfu rwa Pasiteri Théogène Niyinshuti yamenyekanye mu masaha y’urukerera kuri...
Nigeria: Umupasiteri ari gusaba abakirisitu amafaranga ngo abereke irembo rigana mu ijuru
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa umupasiteri witwa Ade Abraham ubu uri mu mazi abira...
Kuki abantu bashaka guhuza ubukirisitu n’ubujiji bwabo? Apotre Mutabazi yifatiye ku gahanga abakiristu banga gukingirwa COVID-19
Intumwa y’Imana yamenyekanye nka apôtre Mutabazi, yatangaje ko anenga abantu bose banze...
Intambara z’umwuka ntabwo zirwanishwaimbaraga z’umubiri: Muri Nigeria umupasiteri afunzwe azira kwica atemaguye umupfumu
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa Inkuru y’umupasteri wivuganye umupfumu ngo...
Abayisilamu bo mu Rwanda bifatanije n’isi yose mu kwizihiza umunsi wa Eid-Al Fitr
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 02 Gicurasi 2022, Abayisilamu bo mu Rwanda bazindukiye mu...
Umunyapolitiki wo muri Finland ari mu mzi abira nyuma yo kwifashisha Bibiliya akibasira abaryamana bahujeibitsina
Abakristu barenga 14 000 bo mu gihugu cya Finland n’ahandi ku isi bashyize umukono ku...
Kera kabaye birashobotse: Umuhanzikazi ukomoka muri Tanzania Rose Muhando ukora umuziki wo guhimbaza Rugira agiye kugaruka gutaramira Abanyarwanda
Umuhanzikazi uzwi cyane mu ndirimbo zahariwe guhimbaza no gusingiza Nyagasani ukomoka mu...
UBUCYERARUGENDO MU RWANDA
Gisagara: “Post de Sante” imaze umwaka idakora yasubije abaturage ku mvune z’urugendo
Ivuriro rito rizwi nka “Post de Sante” ryo mu kagari ka Muyira mu murenge wa Kibilizi mu karere ka Gisagara rimaze umwaka ridakora. Abaryivurizagaho batangaza ko ryabasubije ku gukora urugendo bari bararuhutse dore ko kuri ubu bivuriza...
Uncle Austin yandagaje uwamubwiye ko indirimbo ze zibishye
Abinyujije ku rukuta rwe rwa X, Uncle Austin yututse uwamushotoye nyuma yo kubona ko uyu muhanzi ari kwamamaza ’Burgers’ asigaye akorera muri ’Uncle’s Restaurant’. Uncle Austin umaze iminsi yamamaza ’Burger’ nk’igicuruzwa gishya muri ’Uncle...
Yaka Mwana yafunzwe azira guteza akavuyo mu rukiko
Amakuru Radiotv10 yanyujije ku rubuga rwa X avuga ko Gasore Pacifique wamamaye nka Yaka...
Umuhanzi M Zaidi yashyize hanze Indirimbo yise “ISAHA” ihumuriza abantu mu rugendo rw’ubuzima
Umuhanzi Good Verse M Zaidi ukorera umuziki mu karere ka Musanze yashyize hanze indirimbo...
Murindahabi Irene uri muri Canada yaba ateganya kuzagaruka?
Umunyamakuru umenyerewe cyane mu nkuru z’imyidagaduro Murindahabi Irene, yamaze...
Hasojwe irushanwa rya Nyampinga w’Isi 2023 ryahatanagamo ababyeyi n’abihinduje igitsina
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Ugushyingo 2023, nibwo hasojwe irushanwa rya Nyampinga...
Meddy arayoboye: Indirimbo 5 z’abahanzi nyarwanda zarebwe cyane kuri YouTube
Kereka udashaka kubireba, ariko ubundi nta gushidikanya ko umuziki wo mu Rwanda umaze...
Urujijo kuri bimwe mu bimenyetso bishinja Prince Kid
Ishimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid yongeye kwisobanura imbere y’Urukiko kuri...
Niyonizera Judith wahoze ari umugore wa Safi Madiba agiye kongera kurushinga
Niyonizera Judith wahoze ari umugore w’umuhanzi Safi Madiba, bakaba baherutse guhabwa...
Kivumbi King agiye agiye kwitabira ibitaramo bizabera ku mugabane w’Uburayi
Kivumbi King umuhanzi umaze kuba rurangiranwa mu njyana ya rap hano mu Rwanda ahanini...
Ivumburamatsiko kuri Album Exodus yakorewe mu buhungiro ariko ikaba yarabaye Album y’ikinyejana
Album Exodus ya Bob Marley ubu imaze imyaka 45, ifatwa nk’iyaranze ikinyejana gishize cya...
AMASHURI MU RWANDA
Imigi 100 ifite ikirere gihumanye kurusha indi ku isi iri muri Aziya, 83 muri yo iri mu gihugu kimwe
Imigi ijana ifite ibikorwa byinshi byangiza ikirere yagaragaye muri Aziya nk’uko byashyizwe ahagaragara na Raporo y’ikigo IQ Air cyo mu Busuwisi. Iyi migi ifite uruhare runini mu kugira umwuka mubi unashyira mu byago ubuzima bw’ama miliyoni atuye...
ITB Ruhengeri TSS yasuwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhoza
Bwana NTAMBARA Alain, umuyobozi w’Umurenge wa Muhoza yagiranye ibiganiro n’ubuyobozi bw’ishuri, abarimu n’abandi bakozi, ibyo biganiro bikaba byibanze cyane ku ngingo ebyiri z’ingenzi.
MADE IN RWANDA